in

Mu magambo yuje imitoma, wa Mwana ukundana na Zari yamwifurije isabukuru nziza

Mu magambo yuzuye imitoma, Shakib Lutaaya uri mu rukundo n’icyamamare Zari Hassan yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko y’imyaka 42 yujuje.

Ubwo Zari yahishuraga ko ari mu rukundo n’uyu musore w’imyaka 30, yagiye yibasirwa na benshi bamwe bamushinja ko ameze nk’uwamufashe ku ngufu bitewe n’imyaka amurusha, gusa ibyo babyimye amatwi bikomereza urukundo rwa bo.

Mu magambo aryoheye amatwi yuje imitoma, Shakib abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yavuze imyato uyu mugore w’abana 5 bakundana.

Ati “Isabukuru nziza mwamikazi, umwiza uneje! Ndagukunda by’iteka ryose, ndi umunyamahirwe kuba ngufite.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yasezeranye imbere y’amateko n’umukunzi we (Amafoto)

Producer MadeBeats I burayi inkuru yasamiwe hejuru n’umuhanzi nyarwanda ukomeye nawe wiberayo