in

Premier league ikomeje gukanga benshi, Lewandowiski mu mazi abira.

Uwahoze ashakira amasoko umunya-Polonye Robert Lewandowiski yagaragaje igituma atajya gukinira ikipe n’imwe yo muri Premier league.

Lewandowiski w’imyaka 34 yabivuze kenshi ko ashaka kuva muri Bayern Munich akerekeza muri FC Barcelona, ndetse bigaragara ko adashaka kuba yakina mu bwongereza n’umunsi wa rimwe.

Cezary Kuchariski warebereye inyungu z’uyu mukinnyi kugeza muri 2018, yahishuye ko Robert Lewandowiski atashatse kujya mu bwongereza bitewe n’ubwoba bw’uko adashobora kwitwara neza nkuko abigenza mu Budage akahabera umwami.

Cezary Kuchariski agaira n’ikinyamakuru SPORT1 yavuzeko kandi ko yanabujijwe kuganira n’amakipe yo mu bufaransa kuko umugore we atigeze ashaka kuba I Paris.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Chelsea na Tuchel mu byago bikomeye byo guhomba umukinnyi uyifatiye runini.

Diamond Platnumz arifuza umugore wamubyarira umwana wa 7