in ,

Olivier Giroud arabura gato ngo asibe izina rya Zinedine Zidane benshi bafata nk’umukinnyi w’ibihe byose mu mateka

Rutahizamu wa Arsenal ndetse n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa Les Bleus,Olivier Giroud nyuma yo gutsinda kimwe mu bitego 2 batsinze ikipe ya Belarus bagakatisha itike ibajyana mu gikombe cy’Isi,yahise abona amahirwe yo guca kuri Zinedine Zidane,abafaransa bafata nk’umukinnyi wabo w’ibihe byose.

Olivier Giroud arabura gato cyane ngo anyure kuri Zidane

Ku rutonde rw’abakinnyi batsindiye iyi kipe ya Les Bleus ibitego byinshi ruyobowe bidasubirwaho na Thierry Henry,Giroud yisanzwe ku mwanya wa 7 n’ibitego 28 mu mikino 68 arushwa ibitego 3 byonyine na Zinedine Zidane ufite 31 mu mikino 108.Olivier Giroud akaba afite amahirwe akomeye yo kuzitabira igikombe cy’isi yaraciye kuri Zidane nyamara asimbura haba muri Arsenal no mu Bufaransa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ikintu gitangaje Meddy yakoreye mu gitaramo i Huye akemeza abafana be benshi bari bahari (+video)

HAHISHUWE ko Lionel Messi n’ikipe ya Argentine bitabaje UMUPFUMU ngo bakatishe itike y’igikombe cy’Isi ku munota wa nyuma