Imyidagaduro
Nyuma yo kwambika impeta umukunzi we, Emmy yamuririmbiye indirimbo iryoshye cyane (Yirebe hano)

Umuhanzi Emmy yasohoye indirimbo yise Dokima yaririmbiye umukunzi we baherutse no kwemeranya kubana akamwambika impeta.Iyi ndirimbo ‘Dokima’, Emmy yatangiye kuyikoraho akiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Mu minsi ishize ubwo yazaga mu Rwanda aho yari azanywe no kwambika impeta umukunzi we, yaboneyeho umwanya wo kongera kuyikoraho bwa nyuma ndetse anayifatira amashusho.Ni indirimbo igaruka ku musore uba ubwira umukunzi we ko amukunda, amusaba ko nawe yamuha urukundo rwe.
Hari aho agira ati “Ukuntu niyumva ndashaka ko nawe ariko wiyumva, nzakubera Romeo nawe uzambere Juliet.”
Emmy ntabwo yerura ngo ahamye ko iyi ndirimbo yayikoreye Umuhoza Joyce umukunzi we aherutse no kwambika impeta.Gusa wumvise amagambo ayirimo wumva iganisha ku muntu wese uri mu rukundo wayifashisha ashimisha uwo bakundana.
Kanda hano hasi urebe indirimbo “Dokima”ya Emmy
-
Imyidagaduro23 hours ago
Umunyamakuru Jules Karangwa n’umugore we bizihije isabukuru y’imyaka itatu bamaze barushinze (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Miss Igisabo yifashishije indirimbo y’urukundo yifurije Bruce Melodie isabukuru nziza y’amavuko
-
imikino1 day ago
Umukinnyi w’Amavubi wiyerekanye cyane muri #TotalCHAN2020 agiye kugurwa akayabo yerekeze mu ikipe ikomeye ku mugabane w’i Burayi
-
Imyidagaduro2 days ago
Producer Eleeeh yasobanuye impamvu abatunganya amajwi bakora nijoro anagenera ubutumwa abavuga ko akora indirimbo ziri mu njyana imwe
-
Imyidagaduro22 hours ago
Miss Pamella Uwicyeza yerekanye ko agifite ku mutima The Ben nyuma y’iminsi mike amusize akerekeza muri Amerika
-
Imyidagaduro15 hours ago
Inzozi z’igihe kirekire za Niyo Bosco zirashyize zibaye impamo
-
inyigisho1 day ago
Ntuzemere gushyingiranwa n’umukunzi wawe niba adashobora gusubiza ibi bibazo.
-
Ubuzima2 days ago
Ngibi ibimenyetso byakwereka ko umuntu yakuriye mu muryango ukennye cyane.