imikino
Cristiano Ronaldo na Messi banze akayabo k’amapawundi bahawe bitewe n’ibyo bashakaga kubakoresha.

Nk’uko ikinyamakuru The Telegraph kibitangaza ngo Cristiano Ronaldo na Messi banze icyifuzo cyo kwamamaza ubukerarugendo muri mu gihugu cya Arabiya Sawudite aho bari guhabwa akayabo k’amapawundi.
Messi na Cristiano ngo banze akayabo ka miliyoni zikabakaba esheshatu z’amapawundi,aho amasezerano yabasabaga Ronaldo kwitabira ibikorwa byo kwamamaza iki gihugu no kusura muri gahinda yiswe “Sura Arabiya Sawudite “.
Arabiya Sawudite iragerageza kunoza isura mpuzamahanga, ikoresha siporo nk’igikoresho nyamukuru. Arabiya Sawudite yashinjwaga n’umuryango mpuzamahanga guhonyora uburenganzira bwa muntu kandi igerageza guhindura icyo gitekerezo. Binyuze mu bukangurambaga bwayo “Sura Arabiya Sawudite” igamije kuba ahantu nyaburanga hakurura ba mukerarugendo, kandi kwifashisha umupira w’amaguru uzwi cyane ngo byafasha muri ibi.
-
Imyidagaduro22 hours ago
Umunyamakuru Jules Karangwa n’umugore we bizihije isabukuru y’imyaka itatu bamaze barushinze (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Miss Igisabo yifashishije indirimbo y’urukundo yifurije Bruce Melodie isabukuru nziza y’amavuko
-
imikino23 hours ago
Umukinnyi w’Amavubi wiyerekanye cyane muri #TotalCHAN2020 agiye kugurwa akayabo yerekeze mu ikipe ikomeye ku mugabane w’i Burayi
-
Imyidagaduro2 days ago
Producer Eleeeh yasobanuye impamvu abatunganya amajwi bakora nijoro anagenera ubutumwa abavuga ko akora indirimbo ziri mu njyana imwe
-
inyigisho1 day ago
Ntuzemere gushyingiranwa n’umukunzi wawe niba adashobora gusubiza ibi bibazo.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Inzozi z’igihe kirekire za Niyo Bosco zirashyize zibaye impamo
-
Ubuzima2 days ago
Ngibi ibimenyetso byakwereka ko umuntu yakuriye mu muryango ukennye cyane.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Miss Pamella Uwicyeza yerekanye ko agifite ku mutima The Ben nyuma y’iminsi mike amusize akerekeza muri Amerika