in

Nyuma yo kuvuga bagenzi be umukinnyi wa Rayon Sports yongeye kwiyunga n’umutoza wari wamwikomye bikomeye kubera ubwenge yakoreshaga mu kibuga yagaruye

Nyuma yo kuvuga bagenzi be umukinnyi wa Rayon Sports yongeye kwiyunga n’umutoza wari wamwikomye bikomeye kubera ubwenge yakoreshaga mu kibuga yagaruye

Ku munsi wo kuwa gatandatu tariki 5 Kanama 2023, ikipe ya Rayon Sports yakinnye umukino wa gishuti n’ikipe ya Police FC yo mu gihugu cya Kenya birangira ikipe ya Rayon Sports itsinzwe igitego 1-0 cyatsinzwe na Kenneth Muguna.

Muri uyu mukino umutoza wa Rayon Sports nubwo batsinzwe yishimiye bikomeye imikinire ya myugariro Rwatubyaye Abdul nyuma y’iminsi bari bamaranye yabonaga ko ari umukinnyi utazafasha Rayon Sports.

Rwatubyaye Abdul mu minsi ishize yikomye abakinnyi b’abanyamahanga avuga ko bakwiye kumenya icyabazanye bivugisha benshi kubera ko nawe urwego rwe wabonaga rukiri hasi ariko ubona ko arimo kugenda azamuka uko bwije ni uko bukeye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho bagiye ku musaraba! Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vestina na Dorcas bagarutse gukora utuntu twabo

Umurundi Emmanuel Mvuyekure yavuze impamvu yahisemo Rayon Sports aho guhitamo APR FC