in

Nyuma yo kumenya ko agiye gusubizwa mu nkiko umubyinnyi Titi Brown yatangaje amagambo akomeye yateye benshi agahinda

Nyuma yo kumenya ko agiye gusubizwa mu nkiko umubyinnyi Titi Brown yatangaje amagambo akomeye yateye benshi agahinda

Umubyinnyi Kabuhariwe Ishimwe Thierry wamenyekanye nka Titi Brown yongeye kugaragaza agahinda atewe no kuba ibye byongeye gusubira i Rudubi akaba agiye kongera kuburana.

Ibi bibaye nyuma yukwezi 1 gusa amaze afunguwe aho ubushinjacyaha bwafashe amwanzuro wo kujurira icyemezo cy’ubucamanza.

Mu magambo uyu mubyinnyi yanyujije kuri Instagram ye yagize ati”Mana yo mu ijuru ndagusabye ukomeze kumpa umutima ukomeye muri bino bihe bikomeye ndi gucamo.”

Aya magambo ashimangira ko uyu mubyinnyi atari yakira ko agiye gusubizwa mu nkiko dore ko yahuye nihungabana rikomeye ryo gufungwa imyaka igera kuri 2 nta rukiko na rumwe rwamukatiye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itahiwacu Bruce uzwi kw’izina rya Bruce Melodie yavuze inkomoko y’izina Melodie benshi batari bazi aho ryaturutse

Myugariro wa Kiyovu Sports Nizigiyimana Karim Mackenzie yarengeje amaso ikipe ye avuga indi kipe ifite amahirwe yo kwegukana igikombe cya shampiyona