in

Nyuma yo gutwara igikombe cya champions league, Mu ijoro ryakeye Real Madrid yanditse amateka mabi atishimiwe n’abafana bayo

Ku munsi w’ejo hashije uretse kuba Real Madrid yashimangiye ibigwi byo kuba ikipe ifite ibikombe byinshi by UEFA champions league yongeraho icya 15.

Iyi kipe yanakoze andi mateka mabi yo kuba ikipe ya kabiri yasoje igice cya mbere cy’umukino wa final ya UEFA Champions League idateye ishoti na rimwe rigana mu izamu.

Aya mateka mabi Real Madrid yakoze ku mukino wa nyuma yatsinzemo Dortmund, yaherukaga gukorwa n’ikipe ya Tottenham Hotspurs mu 2019, ubwo yatsindwaga na Liverpool ibitego 2-0, na yo igakora ayo mateka yo kudatera ishoti igana mu izamu mu gice cya mbere cyose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Cyusa
Cyusa
1 month ago

Cyakoze inkuru ziragwira! Itangazamakuru wowe urarisebya. Niba uba wabuze content ifatika jya wicecekera. 🤮

Umutoza José Mourinho yamaze gutangazwa nk’umutoza mushya mu ikipe ikomeye i Burayi

Umutoza w’Amavubi Frank Spittler Torsten yirukanye abakinnyi banyuma asigarana intwaro zikomeye gusa