in

Nyuma yo gushaka kuroga Mbappe, Pogba agiye kwicwa

Umufaransa ukina hagati mu kibuga, Paul Labile Pogba ubu urimo gukinira ikipe ya Juventus mubgihugu cy’ubutariyani yatangaje ko yugarijwe n’ibisambo n’abantu bamutera ubwoba ko bazamwica.

Ibi bibaye nyuma y’uko Paul Pogba ashinjwe kuba yarashatse kuroga Mbappe mu ikipe y’igihugu ndetse ibi bikaba bikomeje kuvugwa mu gihe habura amezi make ngo igikombe cy’isi gitangire.

Mu Itangazo ryagiye hanze rijyanye n’iterabwoba Pogba akorerwa rigira riti: “Byiyongera ku nkeke n’amagerageza y’ubwambuzi bikozwe n’igico cy’abagizi ba nabi cyibasiye Paul Pogba.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Narinziko tugomba kugira urugo rwiza” Umugore wa Yanga yateye agahinda benshi ubwo yavugaga ku mugabo we

Yanga yashyinguwe mu cyubahiro aho abatari bake bashenguwe cyane n’uyu mugabo (Amafoto)