in

Nubwo APR FC ishobora gutwara igikombe idatsinzwe muri shampiyona, Thierry Froger we yagaragaje imbamutima ze ku bushobozi bw’abakinnyi bayo ku ruhando rw’Africa

Thierry Froger utoza APR FC, yatangaje ko abakinnyi bose afite nta bushobozi bafite bwo kuba bagira icyo bafasha APR FC ku ruhando Nyafurika.

Ubu APR FC mu mikino 26 ya Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ntabwo iratsindwa umukino n’umwe.

Nyuma yo kunganya na AS Kigali, Thierry Froger yagize ati “mu byukuri ngendeye ku byo twakinnye uyu munsi, kuvuga ko abakinnyi bagira icyo badufasha muri Africa, ntacyo kuko ntabusobozi, tujye tubwuzanya ukuri muri Africa bisaba urundi rwego ntabwo bababarira.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho ya Alliah Cool wegukanye igikombe kuri EAEA2024, yashimiye nyina umubyara aboneraho kwitandukanya n’abakora sinema Nyarwanda

Mu muhanda rwa gati, imodoka yari itwaye abantu yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka izuba riva – AMAFOTO