in

Ntibirarangira: Nyuma y’uko Titi Brown afunguwe abantu bakabyinira ku rukoma inkuru ye ishobora kuba igiye kumera nk’iya Prince Kid kuko ubu nawe yongeye guhamagazwa n’urukiko

Ntibirarangira: Nyuma y’uko Titi Brown afunguwe abantu bakabyinira ku rukoma inkuru ye ishobora kuba igiye kumera nk’iya Prince Kid kuko ubu nawe yongeye guhamagazwa n’urukiko

Nyuma yukwezi umubyinnyi Titi Brown amaze afunguwe nyuma yo kugirwa umwere ku byaha yaregwaga bisa naho bigiye kongera gusubira i rudubi.

Ni nyuma y’uko bivugwa ko ubushinjacyaha bwajuriye icyemezo cy’ubucamanza cyuko uyu musore Titi Brown agomba kugirwa umwere agahita arekurwa.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aho umutindi yanitse ntiriva koko! Titi Brown agiye gusubizwa mu rukiko bishobora no kumuviramo gusubizwa muri gereza

Nasanze bafite ibyo nashakaga niyemeza kubafasha kuzamura impano zabo