in

“Ntabwo witegura ikizamini cya Permit y’ikamyo wowe wiga gutwarira kuri Hiligisi” Umunyamakuru David Bayingana yanenze imitegurire y’ikipe y’igihugu Amavubi aho yayigereranyije na Hiligisi

“Ntabwo witegura ikizamini cya Permit y’ikamyo wowe wiga gutwarira kuri Hiligisi” Umunyamakuru David Bayingana yanenze imitegurire y’ikipe y’igihugu Amavubi aho yayigereranyije na Hiligisi.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze zigiye zitandukanye, David Bayingana yanenze imitegurire y’ikipe y’igihugu Amavubi.

Yagize ati: “Amavubi Ntabwo Ategurwa ngo Atsinde, Amavubi Ategurwa Bisanzwe Ahubwo Hakabaho Kugira IKIZERE ko Adversaire aba Adakomeye.

” Ntabwo Witegura Ikizamini cya Permit Y’ikamyo Wowe Wiga Gutwarira Kuri Hiligisi.”

“Ntagishya gihari – uko Ikipe Y’igihugu Igomba Gutegurwa Wabisanga Hose Biranditse… N’ahacu ho Kubimenya.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’Umudage wahoze atoza ikipe y’igihugu Amavubi, Antoine Hey yayishimye hejuru asingiza Zimbabwe

Uko yaba ingana kose ni iyi pusi!  Umusaza w’imyaka 90 yarongoye umukobwa ukiri muto nyuma yo kumahabwa mo pass n’umukobwa we