in

Uko yaba ingana kose ni iyi pusi!  Umusaza w’imyaka 90 yarongoye umukobwa ukiri muto nyuma yo kumahabwa mo pass n’umukobwa we

Uko yaba ingana kose ni iyi pusi!  Umusaza w’imyaka 90 yarongoye umukobwa ukiri muto nyuma yo kumahabwa mo pass n’umukobwa we.

Mu kiganiro na Afrimax umukobwa witwa Winnie Mwekali Ndung yavuze uburyo yashakanye n’umusaza w’imyaka 90 ndetse avuga no ku rukundo rwabo.

Winnie yagize ati ” kuba narabanye n’uyu mugabo ni ikimenyetso cy’urukundo nyakuri, ndetse uyu mugabo ni papa w’inshuti yange”.

Yakomeje agira ati “Ubwo nari nagiye gusura inshuti yange, bwarakeye na papa we aza kumusura, nyimukubita amaso nahise nibwira nti  ‘uyu niwe mugabo wange’ kuko namukunze nkimubona”.

Umusaza nawe yagize ati ” Uyu mukobwa nkimukubita amaso nahise mukunda, gusa sinakekaga ko nawe yankunda kuko nabona ari muto cyane kandi hari benshi bakiri bato nasabye ko twabana bakantera utwatsi.”

Yakomeje agira ati ” Umugore wange wambere akimara gupfa nagumye kubaho ngenyine ndetse numva ubuzima butaryoshye, uyu mugore wange twahuye yagiye gusura umukobwa wange “.

Urukundo rwaba bombi rwemejwe nk’ababyeyi ba Winnie ndetse Winnie n’uyu musaza bamaze kubyarana abana babiri, umuhungu n’umukobwa.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo witegura ikizamini cya Permit y’ikamyo wowe wiga gutwarira kuri Hiligisi” Umunyamakuru David Bayingana yanenze imitegurire y’ikipe y’igihugu Amavubi aho yayigereranyije na Hiligisi

Babiri ni aba APR FC: Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yirukanye abakinnyi 5 mu mwiherero w’Amavubi