in

Noneho uwahoze ari umukunzi wa Cyusa natwe adushyize mu rujijo pe!

Hashize iminsi mike havugwa inkuru yuko umuhanzi Cyusa Ibrahim yatandukanye n’umukunzi we, Jeanine Noach, bari bamaze igihe bakundana ndetse banitegura gukora ubukwe.

Nyuma yuko Cyusa nq Jeanine batandukanye hagiye havugwa byinshi bitandukanye ndetse na Jeanine ubwo yibwiriye Cyusa ko batandukanye mu kiganiro Cyusa yagiranye n’imwe muri Televiziyo zikorera kuri YouTube ku buryo kugeza magingo aya nta muntu n’umwe ugishidikanya ku itandukana rya Cyusa na Jeanine.

Kuri uyu wa 18 Ukwakira, Jeanine abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yashyize hanze amafoto ye yifotoje yambaye imikenyero maze ayaherekesha amagambo agira ati « J & C 🥂🤍 ».

Aha tukaba natwe twagize urujijo tukibaza tuti ese aya magambo J & C ari impine ya Jeanine & Cyusa kandi bariyeruriye bakavuga ko batandukanye?

Iyi nkuru turakomeza kuyibakurikiranira…

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Burna Boy wo mu gihugu cya Nigeria yatangije ubucuruzi bw’urumogi

Nyuma y’igitaramo Platin yashimiye abitabiriye, yateguje kandi abanyarwanda batuye Main