in

Ni ukumubona yiruka inyuma y’umupira gusa! Umukinnyi w’umunyamahanga ukina asatira mu ikipe ya APR FC akomeje kugaragaza urwego ruri hasi cyane ku buryo nta gihindutse kubona umwanya mu kibuga azajya abyumva kuri Radiyo

Ni ukumubona yiruka inyuma y’umupira gusa! Umukinnyi w’umunyamahanga ukina asatira mu ikipe ya APR FC akomeje kugaragaza urwego ruri hasi cyane ku buryo nta gihindutse kubona umwanya mu kibuga azajya abyumva kuri Radiyo.

Umukinnyi wo mu kibuga hagati ariko ukina asatira mu ikipe ya APR FC, Umunya-Cameroun, Apam Assongwe Bemol akomeje kugaragaza urwego ruri hasi.

Uyu mukinnyi yari yitezweho byinshi ku mukino wahuje ikipe ye na Mukura VS gusa ibyo yari yitezweho ntiyigeze abitanga.

Nyuma y’uko agiye mu kibuga akibura  byaje kuragira umutoza amukuyemo kugira ngo abanze yitekerezeho.

Kuri ubu APR FC iri ku muvuduko wo hejuru ku buryo umukinnyi udakora itandukaniro kubona umwanya mu kibuga bizajya bimusaba imbaraga nyinshi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntugatume umugabo wawe agenda mutabikoze! Ubushakashatsi bwagaragaje ibyiza 3 byo gutera akabariro mu gitondo ku bashakanye

Disi benshi ntabwo bari bazizi! Menya impamvu 5 zagaragajwe n’ubushakashatsi zishobora gutera umuntu kwibagirwa bya hato na hato