in

Ndayishimiye Youssuf yaba agiye gukina mu Budage?

Ekipe ya Bayern Luverkusen yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’ubudagi irifuza cyane umukinnyi w’intamba mu rugamba Ndayishimiye Youssuf Nyange.

Ibyo bikaba byanditswe n’ikinyamakuru cyo muri Turukiya cyitiwa Ajansspor aho kivuga ko Bayern Luverkusen yamaze gusaba uwo mukinnyi muri Instanbul Basaksehir yakiniraga. Doreko akina imyanya ibiri yaba nka myugariro cyangwa

Icyo kinyamakuru kikavuga y’uko ibiganiro bya Istanbul Basaksehir na Bayern Luverkusen bigeze kure.

Ndayishimiye Youssuf Nyange akaba amaze iminsi yitwara neza mubri champion  yo muri Turikiya ndetse no mu mikino  ya Europe Conference League.

Ndetse ibinya makuru bitandukanye bikaba bya na boneyeho bimwifueiza  akaryo ko kumwipfuriza isabukuru nziza y’imyaka 24 amaze avutse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Robertinho n’umuhagarariye bavuze aho ibiganiro byo kwerekeza muri APR FC bigeze

Kanimba wo muri Bamenya avuze ibitari bizwi kuri Bijoux