in

Kanimba wo muri Bamenya avuze ibitari bizwi kuri Bijoux

Kanimba umenyerewe muri filime y’uruhererekane ya Bamenya series yavuze uburyo Munezero Aline uzwi nka Bijoux yifata mu buryo abantu batakeka.

Uyu mukinnyi wa filime aganira na Isibo TV yavuze ko Bijoux akunda kuvuga cyane kandi akaba ari mu bantu bakererwa cyane mubo bakinana bose.

Yagize ati:”Bijou agira umunwa cyane kandi ari mu bantu bakererwa iyo tugiye gukina filime ya Bamenya”.

Uyu mugabo yanakomoje kuri Bamenya ari we nyir’iyi filime avuga ko akunda gushyikirana cyane.

Yagize ati:“turi hafi kuzuza imyaka ine dukina filime ya Bamenya kandi Bamenya ari na we muyobozi arisanzura cyane ku buryo yatumye tuba umuryango “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ndayishimiye Youssuf yaba agiye gukina mu Budage?

Dore ibintu 7 abagore cyangwa se aba kobwa bakunda kuganiraho iyo bahuye.