Mu Rwanda
“Ndashimira Bob pro na Madebeats kuba baratumye impano yanjye ikura” – Umuhanzi Kane
Umuhanzi Kane wamenyekanye cyane mu ndirimbo zitandukanye hano mu Rwanda harimo iyitwa ‘NDI MU RUKUNDO’ ifatwa nkaho ariyo yazamuye izina Kane rikamenyekana henshi yadutangarije ko ashimira aba producers: Madebeats na Bob Pro kuba baramuteye imbaraga zo gukomeza gukora cyane umuziki we.

Umuhanzi Kane
Ni mu kiganiro MEET THE STARS twagiranye nawe aho ndetse yaboneyeho umwanya wo gushimira n’abafana be uburyo bakomeje kwakira ibihangano abagezaho ndetse yanashimye cyane impanuro bakomeje kumuha ku bihangano bye abizeza ko azazikurikiza.

Umuhanzi Kane

Umuhanzi Kane
Kanda hano ubashe kureba indirimbo nshya ya Kane yise ‘WOWE’
