in

“Ndashimira Bob pro na Madebeats kuba baratumye impano yanjye ikura” – Umuhanzi Kane

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/02/kane1.jpeg
Umuhanzi Kane

Umuhanzi Kane wamenyekanye cyane mu ndirimbo zitandukanye hano mu Rwanda harimo iyitwa ‘NDI MU RUKUNDO’ ifatwa nkaho ariyo yazamuye izina Kane rikamenyekana henshi yadutangarije ko ashimira aba producers: Madebeats na Bob Pro kuba baramuteye imbaraga zo gukomeza gukora cyane umuziki we.

Umuhanzi Kane

Ni mu kiganiro MEET THE STARS twagiranye nawe aho ndetse yaboneyeho umwanya wo gushimira n’abafana be uburyo bakomeje kwakira ibihangano abagezaho ndetse yanashimye cyane impanuro bakomeje kumuha ku bihangano bye abizeza ko azazikurikiza.

Umuhanzi Kane
Umuhanzi Kane

Kanda hano ubashe kureba indirimbo nshya ya Kane yise ‘WOWE’

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
0

Dore abakinnyi 10 barimo guhembwa agatubutse muri uyu mwaka wa 2019

Gusomana, imitoma idasanzwe…. Reba udukoryo twaranze abastar Nyarwanda kuri Saint Valentin