in

“Nanjye byambayeho, ubwo ni 3-0” Umutoza wa Bénin byose abishyize hanze avuga ko Amavubi azaterwa mpaga ku bera amakosa ya FERWAFA

Nyuma y’umukino wahuje ikipe y’igihugu Amavubi na Bénin, havuzwe amakuru ko Amavubi yakinishije Muhire Kevin utemewe gukina kubera amakarita y’umuhondo .

Umutoza wa Bénin, mu kiganiro yatanze nyuma y’umukino, yagize ati “Itegeko rirasobanutse, Federation igomba kumenya umukinnyi wayo niba afite amakarita. Ubwo ni 3-0, nanjye byambayeho ndi umutoza wa Benin!”

Ni mu gihe izi kipe zombi zari zanganyije igitego 1-1, ubwo bivuze ko Amavubi azaterwa mpaga.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Uwiringiyimana
Uwiringiyimana
1 year ago

Ntabyo mpaga itegeko ryarahindutse

Ntajya yiburira, Kajala Farida wabenzwe na Harmonize yababajwe no kumubona ari gukanda amabuno y’undi mukobwa kandi yari aziko nta mukunzi afite

Mu mafoto y’intoranwa agaragaza ubwiza bw’umunyarwandakazi Swalla uvuga ko akiri isugi