in

Mu mafoto y’intoranwa agaragaza ubwiza bw’umunyarwandakazi Swalla uvuga ko akiri isugi

Icyamamare muri filime nyarwanda ndetse no mu mashusho y’indirimbo zigiye zitandukanye, Irafasha Sandrine Reponse wamamaye nka Swalla yatangaje ko atazi uko kuryamana n’umuhungu bimera(avuga ko akiri isugi).

Uyu mukobwa azwi cyane muri filime City Maid ndetse no muri filime Indoto aho akina yitwa Samantha.

Si muri filime gusa kuko yagaragaye no mu mashusho y’indirimbo nka ‘Terimometa’ ya Dj Phil Peter na Kenny Sol, ‘Truth or dire’ ya Davis D ndetse na ‘Jaja’ ya Juno Kizigenza na Kivumbi King.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nanjye byambayeho, ubwo ni 3-0” Umutoza wa Bénin byose abishyize hanze avuga ko Amavubi azaterwa mpaga ku bera amakosa ya FERWAFA

Marina yaciye amazimwe ku bihuha byamuvuzweho ndetse avuga ni ikintu gikomeye cyamuhuza na Bad Rama