in

Ntajya yiburira, Kajala Farida wabenzwe na Harmonize yababajwe no kumubona ari gukanda amabuno y’undi mukobwa kandi yari aziko nta mukunzi afite

Ku munsi w’ejo hashize, umuhanzi Harmonize yavugishije abantu nyuma yo gusohora amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Single Again’ aho agaragara yishimanye n’umukobwa.

Muri ayo mashusho Harmonize aba ari gusomana n’umukobwa witwa Caren Simba aho hari n’ahantu uyu muhanzi aba ari gukanda amabuno y’uwo mukobwa.

Nyuma yo kubona ibyo, Kajala wahoze akundana na Harmonize yahise asora ubutumwa bwerekana ko atanyuzwe no kubona uwari umukunzi we yikora ibyo.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Kajala yagize ati: “Muri iyi minsi hari abantu bakunda gukora ibintu bituma basekwa nabo ubwabo bakiseka, abantu bashobora kuba batunze ibirenze ibyawe ariko bagakomeza kukugirira ishyari.”

Ubwo butumwa bugaragaraza ko atanyuzwe n’ibyo Harmonize ari gukora.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ndabona usigaye ubizi! Imibyinire ya Miss Uwase Muyango yaciye impaka ko asigaye azi kubyina imbyino zigezweho(video)

“Nanjye byambayeho, ubwo ni 3-0” Umutoza wa Bénin byose abishyize hanze avuga ko Amavubi azaterwa mpaga ku bera amakosa ya FERWAFA