in

Mwa bagabo mwe musigeho mutangiza izo zahabu mubitse! Dore amafunguro umugabo akwiye kugendera kure ashobora kwangiza intaga ze

Hari amafunguro amwe namwe agira ingaruka nyinshi ku ntanga ngabo ku buryo atabaye maso, ashobora kwisanga zarangiritse atabizi.

Uretse ibyo yariye kandi , umugabo hari byinshi aba asabwa kwigengesera gukora , yanabikora , akabikora mu buryo runaka butarangiza umubiri we bikaba byagera no ku ntanga ze nk’uko tugiye kubirebera hamwe.

Ese ni ayahe mafunguro abagabo baba basabwa kwitondera ku bw’intanga zabo?

Buri mugabo agirwa inama yo kugendera kure amafunguro yose arimo inyama nyinshi zabanje kunyuzwa mu byumva cyangwa gutegurwa mu buryo budasanzwe.Muri izi nyama bavugamo ; bacon, sausages na Hot dogs n’ubundi bwoko bw’inyama.

Ikindi kandi abagabo bari bakwiye kugabanya amafunguro arimo ‘ibikomoka kuri soya cyane’(Soy Products).

Ikinyamakuru Fleekloaded, dukesha iyi nkuru kigaragaza ko ibi iyo ubiriye buri munsi , bigira ingaruka ku ngano y’intanga zawe, ndetse n’ubudahangarwa bwazo.

Buri mugabo abuzwa kurya amafunguro yose aho ava akagera yanyujijwe mu byuma bitegura ibiryo, banabikoresha bakirinda kubihorera  mu rwego rwo kurinda intanga zabo.

Ubuzima bw’umugabo iyo bugeze ku ntanga, asabwa kugira amakenga cyane , na cyane ko ariwe ugira uruhare mu kororoka k’umuryango we afatanyije n’umugore we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yagiriye inama aba Rayon kubera ukuntu baza gutaha bamanjiriwe amaze kubatsinda

Nyiribyago imbwa ziramwonera! Ikipe iri mu bihano byo kugura abakinnyi, yagiye gukina ifite abakinnyi 8 gusa nabo ntibarangije umukino kuko 2 bahise bavunika rugikubita