in

Abakobwa babanaga mu nzu barwanye umwe yitabaza icyuma aziko ari imikino ashiduka agiyeye mugenzi we, birangira apfuye yari aziko ari kukimukangisha gusa – videwo

Abakobwa babanaga mu nzu barwanye umwe yitabaza icyuma aziko ari imikino ashiduka agiyeye mugenzi we, birangira apfuye yari aziko ari kukimukangisha gusa – videwo

Mu mashusho yasakaye hose ku mbuga nkoranyambaga, umukobwa yateye icyuma mugenzi we aziko ari kukimukangisha gusa birangira bamwishe.

Muri iyi videwo igaragaza aba bakobwa barwana, umwe afata icyuma ari gukanga mugenzi we, ashiduka akimuteye ku kuboko.

Uyu mukobwa yavuye amaraso menshi kugeza aho aguye igihumure, ndetse ahaburira n’ubuzima.

Aba bakobwa bo muri Nigeria, ntibigize bagira n’ubushake bwo kujyanayo mugenzi wabo kwa mugaganga. – videwo

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo abyutse yita imitwe y’abagabo ‘Ibihaza’ kubera ibintu bitari byiza bisigaye bibamo

Musore menya ubwenge: Abantu 4 abakobwa baba bashaka gukorwa n’abasore ariko bakaba batabibabwira