in

Mu Rwanda: umukobwa amaze imyaka 31 aba mu mashyamba arisha ibyatsi nk’inyamaswa||ababyeyi be bashaka ko apfa (Video)

Mu ntara y’amajyepfo y’ U Rwanda haravugwa inkuru y’umubyeyi witwa Jeanne d’Arc  ufite agahinda ko kuba umwana w’umukobwa w’imyaka 31 y’amavuko, amaze igihe kirekire abaho nk’igisimba aho atajya aba mu rugo ,ahubwo akumva yahora mu mashyamba nk’inkende nkuko abivuga.

Uyu mubyeyi avuga ko yabyaye abana 11 ariko muri bo batanu nibo bakiriho.Batanu bitabye Imana bakivuka ,imyaro ye ya karindwi yavuyemo uyu mukobwa witwa Mutoniwase .uyu ngo afite uburwayi bwatumye atajya abasha kubana nabantu ahubwo akaba afite imiterere y’ibisimba aho yumva yakwibera mu gasozi.Uyu mukobwa agendesha amaguru namaboko ndetse akarisha ibyatsi nkamatungo.

Jeanne d’Arc avuga ko ajya yifuza ko uyu mukobwa we yapfa ngo kuko ntacyo amumariye .Avuga ko ashengurwa umutima no kuba yirwa amuragiye ahantu hose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: umugabo akurikiranweho gusambanya abakobwa 7 b’abangavu.

🚨 Inter Milan isinyishije umunyezamu mushya