in

Kigali: umugabo akurikiranweho gusambanya abakobwa 7 b’abangavu.

Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, Akagari ka Kagugu, Umudugudu wa Gicikiza aho  Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze umugabo w’imyaka 58 utarigeze ashaka, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa barindwi bafite imyaka iri hagati ya 12 na 16 y’amavuko.

RIB ivuga ko aba bakobwa yabashukishaga amafaranga akanabagurira ibintu bitandukanye kuko ari umucuruzi. Aba bana ngo bajyagayo mu bihe bitandukanye aho uyu uregwa yacururizaga akabakoreraho ibikorwa by’ishimishamubiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu marira menshi Sergio Aguero atangaje ko asezeye kuri ruhago

Mu Rwanda: umukobwa amaze imyaka 31 aba mu mashyamba arisha ibyatsi nk’inyamaswa||ababyeyi be bashaka ko apfa (Video)