in

Mu mitoma myinshi umukunzi wa Muhire kevin uzwi nka cyuzuzo yatangaje icyo amukundira

Mu mitoma myinshi umukunzi wa Muhire kevin uzwi nka cyuzuzo yatangaje icyo amukundira.

Kuri iyi nshuro akaba yabwiwe amagambo meza y’urukundo y’umukunzi we Cyuzuzo wamwibukije ko amagambo yonyine atasoboranura uburyo yishimira ibyo amukorera.

Ati “ni umunsi wa we mukunzi, amagambo ntahagije mu gushima ibyo unkorera. Warakoze kumbera umwunganizi, inshuti no kuba umuntu unkomeza, ni umugisha wuzuye kukugira nk’umwunganizi w’ubuzima bwanjye.”

Yakomeje Ati “nkunda ibintu byinshi kuri wowe ariko by’umwihariko uburyo ukora cyane, komeza utere imbere urinzwe n’Imana, ndagusengera uyu munsi n’iteka ryose, isabukuru nziza rukundo.”

Kevin na Cyuzuzo bamaze imyaka irenga 6 bakundana, gusa urukundo rwabo bakunze kugenda barugira ibanga rikomeye, mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2020 nibwo ibyabo batangiye kugenda babishyira ahagaragara.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruno Taifa yibasiye bikomeye ikipe ya As Kigali.

Mbappe yagize icyo atangaza kubimuvugwaho ko yifuza gusohoka muri PSG mu kwezi kwa mbere