in

Bruno Taifa yibasiye bikomeye ikipe ya As Kigali.

Kalisa Bruno wamamaye mu izina rya Bruno Taifa wari umunyamakuru kuri Fine Fm ariko kurubu utakibarizwa mu Rwanda yibasiye ikipe ya As Kigali nyuma yo gusezererwa mu marushanwa ya CAF Confederation Cup.

Abinyunyijije ku mbuga nkoranyambaga ze Twitter na Instagram Bruno Taifa yongeye kwerekana ko ashobora ari umufana wa APR FC nkuko bikunzwe kuvugwa n’abakurikirano siporo muri rusange.

Bruno Taifa yagize ati:Mperuka As Kigali yaraguze abakinnyi icumi babanyamahanga harya mwambwira yazize iki? Ndashimira Apr Fc mwahisemo inzira nziza yo guteza imbere abana b’igihugu kandi twatangiye kubona umusaruro mu mavubi nubwo ukiri hasi ariko birimo kuza.Bruno Taifa hasi yanditse amagambo akomoye ati:Harya indege mwambwira yarazimye ra? Bruno Taifa yashakaga kuvuga ko ikipe ya As Kigali nayo yasezerewe itageze mu matsinda.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kizz Daniel mu ndirimbo ye Buga yakunzwe nabatari bake ubu gahunda ni ugutwika muri Qatar mu gikombe cy’isi

Mu mitoma myinshi umukunzi wa Muhire kevin uzwi nka cyuzuzo yatangaje icyo amukundira