in

Mu mateka ni ubwambere Cristiano na Messi bagize imyanya iteye isoni mu bihembo bya Ballon D’or

Cristiano Ronaldo kuri ubu ukinira ikipe ya Manchester United atagiriyemo ibihe byiza muri uyu mwaka yabaye uwa 20 muri Ballon d’Or, umwanya mubi agize mu mateka.

Kuva mu 2004 ntiyigeze abura muri 15 beza ku Isi,mu gihe kirekire amaze yitabira ibi bihembo bya Ballon D’or kingana  n’imyaka 17 umwanya wa 20 niwo mubi CR7 agize.

Gusa tugarutse kuri mukeba we Lionel Messi kuva mu mwaka wa 2005 ni ubwa mbere Messi atabonetse ku rutonde rw’abakinnyi beza 30 ku isi.

Mu bigaragara umwaka wa 2022-2023 ubaye mubi kuri ibi bihangange byombi Haba Cristiano Ronaldo na Lionel Messi twavuga ko uyu mwaka uhishe byinshi kuri aba bagabo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Mohammed Adil yategetse Ben Moussa kutazigera abanza mu kibuga abakinnyi bane b’ibihangange muri APR FC

Umutoza wungirije wa APR FC yagaragaje urukundo akunda Rayon Sports