in ,

Mu mafoto utazi ,dore ibihe byiza byaranze McKinstry mu ikipe y’igihugu Amavubi

Byatangiye kuvugwa ko McKinstry azirukanwa mu Cyumweru gishize nyuma y’aho Minisiteri ya Siporo n’Umuco isabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, gukora raporo y’ibyo uyu mutoza yari yemeye kuzageza ku Mavubi, ibyo yayagejejeho n’ibyo atakoze kugira ngo hafatwe umwanzuro wa nyuma ku hazaza he mu ikipe y’igihugu.

 

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uyu mutoza ni bwo yeretswe imiryango ndetse ahabwa ibaruwa imumenyesha ko atakiri umutoza w’Amavubi.

Umunyamabanga Uhoraho muri Minispoc, Lt Colonel Rugambwa yavuze ko icyatumye McKinstry yirukanwa ari uko nta musaruro yatangaga. Hano hari amafoto utigeze ubona ya Mckinstry uvuga ko icyemezo cyo kumwirukana cyamutunguye kandi cyikamutenguha.

 

 

 

 

atajalaakakanaaskakaaamajaakakla
ajakakakaaakaka

ruhuamajk,kuejmururjnmas

Written by Dr

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arsene Wenger yitakanye Arsenal ku mugaragaro

Brazil : Basambaniye inyuma y’umunyamakuru wa BBC atabizi (amafoto)