imikino
Mu mafoto utazi ,dore ibihe byiza byaranze McKinstry mu ikipe y’igihugu Amavubi

Byatangiye kuvugwa ko McKinstry azirukanwa mu Cyumweru gishize nyuma y’aho Minisiteri ya Siporo n’Umuco isabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, gukora raporo y’ibyo uyu mutoza yari yemeye kuzageza ku Mavubi, ibyo yayagejejeho n’ibyo atakoze kugira ngo hafatwe umwanzuro wa nyuma ku hazaza he mu ikipe y’igihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uyu mutoza ni bwo yeretswe imiryango ndetse ahabwa ibaruwa imumenyesha ko atakiri umutoza w’Amavubi.
Umunyamabanga Uhoraho muri Minispoc, Lt Colonel Rugambwa yavuze ko icyatumye McKinstry yirukanwa ari uko nta musaruro yatangaga. Hano hari amafoto utigeze ubona ya Mckinstry uvuga ko icyemezo cyo kumwirukana cyamutunguye kandi cyikamutenguha.
-
Imyidagaduro23 hours ago
Fiancée wa Meddy yerekanye ikintu gikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe
-
Imyidagaduro19 hours ago
The Ben ararye ari menge bitihise Pamella baramumutwara
-
Ubuzima20 hours ago
Wari uziko abantu bashobora kumatana barimo gutera akabariro?Menya icyo abahanga babivugaho.
-
Imyidagaduro24 hours ago
Supersexy yaciye amarenga yuko yaba atwite
-
Imyidagaduro10 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro8 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Hanze23 hours ago
Joe Biden yiseguye ku banyamerika kubera abasirikare be bafotowe basinziriye
-
imikino19 hours ago
Didier Gomez da Rosa wahoze atoza Rayon Sports yagizwe umutoza w’indi kipe ikomeye.