in

Mu buryo butangaje habonetse inkoko ishaje kuruta izindi ku isi, ifite imyaka yatunguye benshi 

Marsi Parker Darwin, umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari gusaba ko inkoko ye Peanut yandikwa mu gitabo cy’abaciye uduhigo ku Isi kubera ko imaze imyaka 20 ivutse.

Darwin yandikiye Guinness World Records asaba ko inkoko ye yandikwa nk’iyaciye agahigo ko kuramba igihe kinini mu nkoko zo ku Isi, bamusubiza bamusaba ibimenyetso birimo amafoto n’ubuhamya bwemeza ko ari byo koko.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Huye :abagabo baguwe gitumo babaga inka y’abandi bibye

Umugabo w’i Kigali azengerejwe n’umugore we ushaka kumuca ku nshuti ze