in

Huye :abagabo baguwe gitumo babaga inka y’abandi bibye

Mu karere ka Huye hafatiwe abagabo bari bibye inka batangira kuyibaga maze bisobanura bavuga ko inka nk’izo zibungura cyane.

Ibi byabereye mu murenge wa Mukura mu karere ka Huye, aho hafatiwe abagabo batatu bamaze kubaga inka yari yibwe mu karere ka Nyaruguru.

Nk’uko tubikesha TV1 ngo umwe muri abo bafatiwe mu cyuho akaba asanzwe ari umucuruzi w’inyama mu mujyi wa Huye .

Uyu mugabo yavuze ko kwisanga muri izo nzira ,ari uko inka babonye muri ubwo buryo bazigura kuri make bikaba ari byo bibungura.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye ikintu gikomeye kihishe inyuma y’ifoto ya Bruce Melodie n’umugore we batigishije imbuga nkoranyambaga

Mu buryo butangaje habonetse inkoko ishaje kuruta izindi ku isi, ifite imyaka yatunguye benshi