in

Motari yabaye inkuru hanze aha nyuma yo gutora agakapu kuzuye amafaranga

Ku munsi w’o ku cyumweru nibwo irushanwa rya magara ryarangiye ndetse umunyamakuru wa Rba yaje guta agakapu ku gisimenti karimo amafaranga ubwo yari mu modoka motari wakabonye agerageza guharika imodoko nyiri gakapu yarimo ntiyabyumva.

Daniel dushimimana nyuma yo kubona ko imodoka yari itwaye uwo munyamakuru idahagaze yaje kugera kuri RBA aho ikorera maze asubiza ayo mafaranga.

Benshi mu bakoresha social media bakomeje kumushimira gusa bamwe bakomeje kumugaya kuri icyo gikorwa gishobora bakeya mu buzima yakoze .

Motari yashimwe n’umunyamakuru yatoreye amafaranga ndetse nabo icyo gikorwa cyakoze ku mutima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indirimbo nshya: Kakandi ya Bourchaga yamaze gusohoka mu buryo bw’amajwi n’amashusho

Ibyari ubukwe byabaye ikiriyo bitewe n’inda