in

Ibyari ubukwe byabaye ikiriyo bitewe n’inda

Bisanzwe bimenyerewe ko abitabiriye ubukwe biyakira ndetse bakanafungura, ikindi kandi hari abantu baba baramenyerweho kumenya guteka neza ku buryo aho bifuza gutekerwa neza bamuhamagara akaza akabafasha kwakira abantu.

Umugabo witwa Issa Ismael w’imyaka 25 y’amavuko ukomoka mu Gihugu cya Iraq, yitabye Imana nyuma yo kugwa mu isafuriya yuzuye isosi y’inyama z’inkoko, aho yari arimo gutekera mu bukwe, mu gace ka Zakho, gaherereye mu majyaruguru y’iki Gihugu.

Uyu mugabo nyuma y’uko yari atetse, agatotsi kaje kumwiba agwa agacuho aza gukanguka yisanze mu isafuriya y’isosi y’inyama z’inkoko bari batetse muri muvero.

Yatabawe basanga umubiri we wahiye ku rugero rwa 70% biza no guhita bimuviramo urupfu.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Motari yabaye inkuru hanze aha nyuma yo gutora agakapu kuzuye amafaranga

Benshi bashavujwe n’urupfu rw’umukobwa uherutse kugaragara mu indirimbo ya Yverry “Mu Ijuru”