in

Miss Nimwiza Meghan yahishuye ikintu cyambere atinya mu buzima bwe

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/nim6.jpg

Nimwiza Meghan wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2019 yahishuye ikintu cyambere atinya mu buzima bwe, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba Isimbi TV.

Miss Meghan akaba yatangajeko ikintu cyambere atinya mu buzima bwe ari kuba yabura umuntu akunda yaba umwe mu bavandimwe be cyangwa se ababyeyi ndetse n’incuti ze ngo nicyo kintu cya mbere kimuteye ubwoba mu buzima bwe.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukuru wa Mwiseneza Josiane yasutse amarira nyuma yo kumva ibibazo yahuye nabyo

Umva udukoryo twaberaga mu cyumba cya Mwiseneza Josiane muri Boot Camp