in

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo abyutse yita imitwe y’abagabo ‘Ibihaza’ kubera ibintu bitari byiza bisigaye bibamo

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo abyutse yita imitwe y’abagabo ‘Ibihaza’ kubera ibintu bitari byiza bisigaye bibamo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Shaddy Boo yagereranyije imitwe y’abagabo nk’ibihaza.

Yagize ati: “Abagabo bakomeje kudutungura bafungura mu bihaza byabo ngo bagiye kutwereka ibirimo tukabishaka tukabibura😭Bamwe babinyweyemo amatabi biratumuka birashora, abandi babiteruramo ibyuma birangira bigiye mu bitugu no mu matuza, abandi bahora basamye ngo baravuga biraguruka, mbese nta kibereyemo habe na mba.”

Akomeza agira ati: “Gusa ikibabaje ni uko bose bafite imiryango yakagombye kuba igendera ku byari biri muri ubwo bubiko.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yasanze umukunzi we baburaga ibyumweru 2 ngo bakore ubukwe aryamanye n’undi mugabo gusa umusore yatunguwe n’ibintu byari byuzuye mu gikapu cyari kiri mu nzu y’umukobwa

Abakobwa babanaga mu nzu barwanye umwe yitabaza icyuma aziko ari imikino ashiduka agiyeye mugenzi we, birangira apfuye yari aziko ari kukimukangisha gusa – videwo