in

Umusore yasanze umukunzi we baburaga ibyumweru 2 ngo bakore ubukwe aryamanye n’undi mugabo gusa umusore yatunguwe n’ibintu byari byuzuye mu gikapu cyari kiri mu nzu y’umukobwa

Umusore yasanze umukunzi we baburaga ibyumweru 2 ngo bakore ubukwe aryamanye n’undi mugabo gusa umusore yatunguwe n’ibintu byari byuzuye mu gikapu cyari kiri mu nzu y’umukobwa

Umusore witwa Peter wo muri Ghana ari kurira ayo kwarika nyuma yo gufatira mu cyuho umukunzi we baburaga ibyumweru bibiri ngo babane.

Uyu musore yagiye gusura umukunzi we atamuteguje mu masaha ya Saa saba z’amanywa, ubwo umusore yageraga aho umukobwa aba, yasanze hafunze ariko kuko yari afite urufunguzo rwaho arifungurira.

Ubwo umusore yageraga mu nzu yahise aruhukira mu cyumba cy’umukobwa, agezemo yakubiswe n’amashanyarazi kubera ibyo yabonye.

Uyu musore yatunguwe cyane no kureba mu gikapu cy’umukobwa cyari giteretse hasi aho, yasanzemo udukingirizo twinshi harimo utwakoreshejwe n’ututarakoreshwa bigaragara ko atari umuntu umwe wadukoresheje.

Uyu musore ntakindi yakoze uretse kurira no kubwira uwo mukobwa ko ibyabo birangiriye aho.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ni kose ku bakunzi b’umuhanzi ukomeye cyane ku Isi wishwe n’igitagangurirwa

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo abyutse yita imitwe y’abagabo ‘Ibihaza’ kubera ibintu bitari byiza bisigaye bibamo