in

Kubera iki abanyeshuri biga muri kaminuza z’imyuga n’ubumenyingiro (IPRCs) batazahabwa mudasobwa (Sobanukirwa)

Abanyeshuri biga muri Kaminuza z’imyuga n’ubumenyingiro Rwanda Polytechnic (IPRCs) bari bategereje guhabwa mudasobwa ku banyeshuri bo mu myaka isoza bakiriye inkuru itari nziza.

Ubu buyobozi buvuga abatazahabwa mudasobwa ari abigaga mu mwaka wa gatatu bakaba barasoje amasomo yabo nubwo bari barasinye amasezerano yo guhabwa izi mudasobwa.

Bukomeza buvuga ko ku myaka bagezemo zidakenerwa cyane akaba ariyo mpamvu batazazihabwa.

Abazahabwa izi mudasobwa ni abazakomeza muri uyu mwaka w’amashuri wa 2023-2024.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Marina Deborah mu mikoranire na Alex Muyoboke

Imitoma yabaye imitoma hagati ya Bushali n’umugore we