in

Kubura inota rimwe uba watsinzwe ! Hamenyekanye amanota bisaba kugirango utsindirire uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku bantu bazajya bakorera mu Busanza

Mu minsi yashize nibwo Polisi y’uRwanda yatangaje ko ubu hari ahantu hashyashya huzuye hagiye kujya hakorererwa ibizamini byo gushaka uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga,  aho ntahandi ni mu Busanza.

Abantu bamwe babishidikanyijeho bavuga ko aha hantu hashobora kuzaba hagoye kuruta ahandi bakoreraga, ariko abandi bakavuga ko hashobora kuzaborohera kurenza ahandi bakoreraga.

Kuri ubu amakuru ahari avuga ko kugirango utsindire uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga wakoreye mu Busanza bigusaba gutsinda ikizamini ku manota 80%,  ndetse ko iyo wabuze rimwe uba wahiye. Ubwo iyo wagize 79% uba wahiye.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agira ubushake ariko ntabasha gutera akabariro! Umusore aratabaza nyuma yaho agiye kwisiramuza birangira abazwe nabi bimugiraho ingaruka

Kapiteni w’Amavubi, Djihad BIZIMANA agiye kuba Umunyarwanda wa mbere ugiye gukina mu irushanwa rya Uefa Europe League ahanganye n’amakipe nka Chelsea, AS Roma ndetse n’andi akomeye i Burayi