in

Kigali! Abagore b’abazunguzayi mu burakari bwinshi basohoye mu modoka umu Dasso nyuma y’uko bagenzi be bari bamaze gukubita umuzunguzayi mugenzi wabo – VIDEWO

Rwagati mu mujyi wa Kigali, nyuma yaho abafata abakora abazunguzayi bafashe umuzunguzayi bakamukubita, bagenzi be b’abazunguzayi basohoye mu modoka umu Dasso.

Ni nyuma y’aho abasore bambaye sivile bari muri iyi modoka, basotsemo maze bakubita umuzunguzayi bamwambika ubusa, baranamukomeretsa.

Abo basore bahise biruka, gusa abandi bazunguzayi biganjemo abagore, bahise bafata umu-Dasso wari muri iyo modoka baramusigarana bamuziza ko yareberega abo basore bakubita uwo muzunguzayi ntagire icyo akora. Bakijijwe na Police yaje ijyana uwo mu Dasso maze uwakomeretse ajyanwa kwa muganga.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rafael York ukina i Burayi, nyuma yo kudahamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi, yahise agenera ubutumwa Abanyarwanda bakunda ruhago

Ikipe ya Chelsea na Manchester City zishobora kwisanga zamanuwe mu cyiciro cya kabiri