in

KARABAYE:Trump atangaje ko atazatuma Joe Biden yinjira muri White House.

Donald Trump amaze gutangaza ko azemera ko Joe Biden yinjira muri White House nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika niba ashobora kwerekana ko amajwi ye yagize mu matora ari ay’ukuri.

Ngubu ubutumwa Trump yacishije kuri Twitter 

Kuri uyu wa gatanu, nibwo Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yanditse ku rubuga rwa twitter ati: ‘Biden azashobora kwinjira muri White House nka Perezida ari uko yerekanye ko “amajwi 80.000.000” atayabonye mu buriganya cyangwa mu buryo butemewe n’amategeko.’Iyo ubonye ibyabereye i Detroit, Atlanta, Philadelphia & Milwaukee, hajemo uburiganya bukabije bw’amatora, aba afite ikibazo gikomeye kidakemuka!’.

Gusa Bimwe mu bice byavuzwe na Trump bimaze kwemeza ibisubizo byabo, aho bamusubije ko nta kimenyetso cyerekana ko habayemo uburiganya bw’amatora.

Twitter yanashyize ahagaragara tweet ya Trump, ivuga ko ibiyirimo ‘bitavugwaho rumwe.’ Trump yakomeje kuvuga kenshi ko amatora yo muri USA yajemo amanyanga ndetse ntibyemera ko yatsinzwe Luca Biden yatorwa nka Perezida kuwa 7 Ugushyingo 2020.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Rayon na Police FC zanganyije mu wa gicuti wabonetsemo amakarita 3 atukura

Niba utereta ugaterwa indobo, reba amasomo 4 yagufasha mu rukundo.