in

Karabaye! Aba-Islam 12 kwihanganira iminsi mike yari isigaye byanze birangira bajyanwe gereza mu minsi y’igisibo cya Ramadhan

Hanze y’u Rwanda muri Zanzibar Abantu 12 bafunzwe bazira kurira mu ruhame mu masaha y’amanywa, mu gihe abandi bari mu gisibo cya Ramadhan.

Ikinyamakuru The Citizen cyavuze ko abatawe muri yombi barimo: Issa Hamad Juma, Hamad Khamis Indole, Hashimu Bakari Nassoro na Selemani Ismail Nalinga. Bose ni abayoboke b’idini rya Isilamu.

Ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan kwatangiye tariki ya 10 Werurwe 2024.

Mu gihe cy’iminsi 30, abayoboke ba Isilamu baba babujijwe kurya ku manywa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wari umaze amezi abiri gusa ashyingiwe, umugore we yamumennyeho amazi yatuye

Benshi bagizengo bari kurota! Sandrine Isheja byagenze bite