in

Benshi bagizengo bari kurota! Sandrine Isheja byagenze bite

Umunyamakuru wa Kiss Fm, Sandrine Isheja yinjiye mu mukino wo gusiganwa mu modoka, akaba umwe mu bategerejwe mu isiganwa rya ‘Sprint Rally’ ritegerejwe ku wa 30 Werurwe 2024.

Sandrine Isheja yinjiye muri uyu mukino afasha umushoferi, akaba yiyongereye kuri Kalimpinya Queen nawe uri mu bafite izina mu myidagaduro ariko unamaze kuryubaka muri uyu mukino wo gusiganwa mu modoka.

Queen Kalimpinya we yamaze kurenga icyiciro cyo gufasha abashoferi, kuri ubu nawe asigaye atwara ndetse ni umwe mu bazasiganwa muri ‘Sprint Rally’ itegerejwe ku wa 30 Werurwe 2024.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Karabaye! Aba-Islam 12 kwihanganira iminsi mike yari isigaye byanze birangira bajyanwe gereza mu minsi y’igisibo cya Ramadhan

Agaciro ko kuba umwana w’Imana – Ese ni ryari ubahwa ubushobozi bwo kuba abana b’Imana?