in

Kapiteni n’umutoza wa APR FC basuye umufana ukomeye urembeye mu rugo (Amafoto)

Umutoza mukuru wa APR FC Adil Erradi Mohammed ari kumwe na kapiteni w’iyi kipe Tuyisenge Jacques basuye umubyeyi akaba n’umukunzi ukomeye w’APR FC Kanzayire Console uzwi ku izina rya Shangazi, Uyu mubyeyi akaba amaze igihe arwaye.

Shangazi akomeje gutabarizwa kugirango abashe kwivuza dore ko yabwiwe ko mu Rwanda nta bushobozi bwo kumvura buhari .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: Ku myaka 38 ntaterwa ipfunwe no kwigana n’abana abyaye

Imvugo ya “Nta myaka 100” ibaye igihuha. Pasiteri Ezra Mpyisi yujuje imyaka ijana y’amavuko