in

Rwanda: Ku myaka 38 ntaterwa ipfunwe no kwigana n’abana abyaye

Jean Pierre Byukusenge ni umugabo wavutse mu 1984 mu cyahoze ari komini cyinyamakara, avukira mu muryango utishoboye bityo ahagarika kwiga atarangije amashuri abanza.

Jean Pierre ni umupapa w’abana batatu, umukuru akaba afite imyaka 10, umukurikiye afite imyaka umunani akaba yoga muwa kabiri wamashuri abanza, naho bucura akaba afite imyaka itanu yiga mu mashuri y’inshuke.

Mu mwaka wa 2020 Gumyusenge yafashe icyemezo cyo gutangira kwiga agamije kuzagera no muri Kaminuza nyuma y’imyaka 15, n’ubwo azaba afite imyaka 50 y’ubukure, avugako azarangiza afite ubushobozi bwo gushinga ishuri rye bwite.

Muri 2020 yatangiriye muwa kabiri w’amashuri abanza ndetse akaba ahora aba uwa mbere n’amanota atari munsi ya 97%.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ribara uwariraye: umusore yakoze impanuka ikomeye arimo gusomana n’umukunzi we(Video)

Kapiteni n’umutoza wa APR FC basuye umufana ukomeye urembeye mu rugo (Amafoto)