in

Imibare yatangiye kuba ibihekane kuri APR FC yitegura umukino wa 1/2 cya Mapinduzi cup

Ikipe ya APR FC ifite icyibazo gikomeye cyuko ishobora gukina umukino ifitanye na Mlandege FC yo muri Zanzibar nubundi hari kubera imikino ya Mapinduzi cup idafite Rutahizamu wayo umaze kubatsindira ibitego 3 mu mikino 4, Victor Mbaoma ufite ikibazo cy’imvune.

 

ni icyibazo cy’imvune yagize ku mukino ikipe ya APR FC yatsindagamo Yanga Africans ibitego 3 kuri 1 mu mukino wa 1/4.

 

hari amakuru avuga ko ariko nanone itaba arimvune ikanganye ahubwo hakaba harabayeho icyibazo cyo kubyimba ikirenge ubwo myugariro wayanga yamukandagiriraga murubuga rwamahina.

 

uyu rutahizamu wa APR FC aba umukinnyi wa 3 wa APR FC ugiriye ikibazo cy’imvune muri iri rushanwa rya Mapinduzi cup nyuma ya Apam Asongue na Niyigena Clement na bashobora kutazakina umukino wa 1/2 bafitanye na Mlandege FC.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Urukuta rw’ahahoze Hotel Le Printemps rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya – AMAFOTO

Amafoto y’umukinnyi mushya ikipe ya Rayon sports igiye kuzana.