in

Kigali: Urukuta rw’ahahoze Hotel Le Printemps rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya – AMAFOTO

Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko ahahoze Hotel Le Printemps, urukuta rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya.

Muri abo bantu 12 rwagwiriye, umuntu umwe niwe umaze kumenyekana ko yaguye muri iyi mpanuka.

Ni mu gihe abandi bakomeretse bo bahise bajyanywe kwa muganga igitaraganya kugira ngo bitabweho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa rya Polisi y’igihugu ku bakoreshaga umuhanda Karongi – Nyamasheke bose

Imibare yatangiye kuba ibihekane kuri APR FC yitegura umukino wa 1/2 cya Mapinduzi cup