in

Umuhanzi Kenny Sol yambitse impeta inkumi y’uburanga bitegura kurushinga.

Umuhanzi Kenny Sol wamamaye mu ndirimbo nka “Haso”, “Say my name”, “Joli” n’izindi nyinshi yamaze kwambika impeta umukunzi we Kunda Alliance Yvette bitegura kurushinga nyuma y’igihe bamaze bari mu munyenga w’urukundo.

Urukundo rwa Kunda na Kenny Sol bagerageje kurugira ibanga rikomeye kugeza ubwo habura iminsi mike ngo barushinge. , aba bombi biteguye gusezerana  imbere y’amategeko ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mutarama 2024.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kimenyi Yves na Muyango Claudine basezeranye imbere y’amategeko mu muhango wabereye mu Biro by’Umujyi wa Kigali [AMAFOTO]

Ikipe ya Ghana yasize umukinnyi wayo ukomeye cyane mubo izakoresha mu gikombe cya Afurika.