in

Iki gikombe cy’isi cya 2022 ubanza kirimo umuzimu, indi nkuru y’inshamugongo kuri Karim Benzema nawe wamaze kuvunika habura amasaha 20 ngo gitangire

Karim Benzema yavuye mu myitozo y’Ubufaransa afite imvune, mu gihe Igikombe cy’isi kibura amasaha atagera kuri 20 ngo gitangire.

Uyu rutahizamu yakoranaga imyitozo nabandi bakinnyi bagenzi be, ariko yaje kuva mu kibuga imyitozo itarangiye kubera .

Karim Benzema byatumye atazakina umukino wa mbere ubufaransa buzakina na Australia muri iki gikombe cy’Isi kubera iyo mvune yagize ari mu myitozo.

Gusa ubwo twateguraga iyi nkuru nti hari hamenyekanye igihe nyakuri Benzema azagarukira.

Benzema kandi aje yiyongera ku bandi bakinnyi bakomeye b’Ubufaransa batazakina kubera ibibazo bigiye bitandukanye harimo nka Ngoro Kante, Paul Pogba ndetse n’abandi benshi bari bafitiye iyi kipe akamaro.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA yasabye imbabazi abanyarwanda na Sudan yizeza n’ibihano ku bakinnyi bagaragaye mu mirwano

Nyuma yo guteza imirwano, Muhadjiri yagize icyo abivugaho n’impamvu yabimuteye