in

Nyuma yo guteza imirwano, Muhadjiri yagize icyo abivugaho n’impamvu yabimuteye

Mu mukino watangiye ari igitego kimwe cy’amavubi ku busa bwa Sudan, umukino ukirangira hahise hakurikiraho undi mukino w’iteramigeri ndetse na makofi ku mpande zombi bitewe na Hakizima Muhadjiri.

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”, Hakizimana Muhadjiri, yasabye imbabazi Abanyarwanda n’abakinnyi ba Sudani nyuma yo guteza imvururu zatumye impande zombi zishyamirana.

FIFA iramutse yakiriye ikirego cya Sudan ko abakinnyi b’Amavubi babasaharaiye, Amavubi yahabwa ibihano.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Noby
Noby
1 year ago

Ubwo rero nawe ngo wakoze inkuru.

Iki gikombe cy’isi cya 2022 ubanza kirimo umuzimu, indi nkuru y’inshamugongo kuri Karim Benzema nawe wamaze kuvunika habura amasaha 20 ngo gitangire

Zimbabwe: Undi mukobwa w’imyaka 9 yatewe inda