in

Abanyamakuru Sandrine Isheja, Andy Bumuntu na Rusine ba Kiss FM bongeye gukora agashya stidio bayimurira muri parikingi y’imodoka(videwo)

Abanyamakuru Sandrine Isheja Butera, Andy Bumuntu na Patrick Rusine ba radiyo Kiss FM bakora ikiganiro cya mugitondo bita Break Fast kuri uyu wa Gatanu bongeye gukora agashya stidio bayimurira muri parikingi y’imodoka.

Ni umwanzuro bafashe aho bazajya bimura stidio ahantu hatandukanye buri wa gatanu w’icyumweru.

Dore videwo igaragaza aba banyamakuru bari gukorera ikiganiro muri parikingi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uduhigo tuba twinshi uko bwije n’uko bukeye:Menya byinshi ku mbwa ifite imyaka 22 bivugwa ko ariyo ishaje ku isi(Amafoto)

Igitego gishobora kuba icya mbere muri iki gikombe cy’isi ni icya Richarlison wa Brazil, dore bimwe mu byagendeweho